
90% by'umurage ndangamuco w'imbonekarimwe w'u Rwanda biracyari mu mahanga
[Kigali Today - Rwanda] - 27/10/2025
Ubuyobozi bw'Inteko y'Umuco buratangaza ko 90% by'umurage ndangamuco w'amateka y'u Rwanda w'imbonekarimwe n'ingirakamaro, bikiri mu bihugu by'amahanga, (…) - Mu mateka / Tarib Abdul
... Article published by "Kigali Today" (Rwanda), read more
For any information or claim on this article, see directly with the newspaper.
In Rwanda newspapers
Aba DASSO basoje amahugurwa bibukijwe ko umutekano ureberwa mu buryo bwagutse
Abagize urwego rwunganira Uturere mu gucunga umutekano (DASSO), bibukijwe ko umutekano ugomba kureberwa mu buryo (…)
[Kigali Today] - 13/12/2025
'Gufunga umutwe', bimwe mu byongera ibirarane by'imanza mu Rwanda
Perezida w'Urukiko rw'Ikirenga, Domitille Mukantaganzwa yavuze ko ibirarane byo mu nkiko bidaterwa n'abacamanza, (…)
[Kigali Today] - 8/12/2025
Perezida Kagame yaganiriye n'abashoramari Jack Ma na Jerry Yang
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatandatu tariki 13 Ugushyingo 2025, yakiriye Jack Ma washinze Ikigo Alibaba Group (…)
[Kigali Today] - 13/12/2025
Kubonera buruse kuri Airtel Money byarushijeho korohereza abanyeshuri ba Kaminuza
Uwize muri Kaminuza cyangwa undi wese uzi imibereho y'abanyeshuri baho, nta kabuza ko azi neza akamaro k'amafaranga (…)
[Kigali Today] - 7/12/2025
U Rwanda rurakataje mu ngamba zo guhangana n'imihindagurikire y'ibihe
Mu 2020 u Rwanda rwabaye Igihugu cya mbere muri Afurika cyashyikirije Umuryango w'Abibumbye ingamba zijyanye no (…)
[Kigali Today] - 8/12/2025






